Tshisekedi yongeye kuyobya Isi, agereka ibibazo bya Congo ku Rwanda: Ibihamya bivuguruza

Perezida wa RDC, Félix Antoine Tshisekedi yongeye kuyobya abantu, ubwo yavugaga ko u Rwanda ari rwo rutubahirije imyanzuro ya Luanda igamije gushaka umuti urambye w’ibibazo mu Burasirazuba bwa Congo, mu gihe ibihamya byose bigaragaza ko uruhande rwe ari rwo rwinangiye...