Kuri uyu wa gatatu tariki 3/3/2010, perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiranye ikiganiro ngarukakwezi n’abanyamakuru muri Village Urugwiro.

Muri icyo kiganiro, hibanzwe cyane ku byagiye biba muri iki gihe cy’ukwezi gushize nyuma y’ikiganiro ngarukakwezi cyo muri Gashyantare. Muri byo harimo nk’umwiherero w’abayobozi uherutse kubera i Rubavu mu ntara y’Uburengerazuba, ibibazo by’umutekano muke biherutse kuba mu mujyi wa Kigali, ubwo hamwe haterwaga gerenade, abantu 2 bagapfa, abandi benshi …   ibikurikira

http://www.igihe.com/

Posté par rwandaises.com