Yashyizweho na Cyril Ndegeya






Kuwa Kane tariki ya 18 Kanama 2011, Perezida Paul Kagame yagiranye ikiganiro na Rich TV. Muri iki kiganiro cyitwa “Club Mindsepeak” cyari cyitabiriwe n’abantu batandukanye, Perezida Kagame yavuze ku ngingo zitandukanye zirimo ikoranabuhanga, ishoramari, imibereho myiza y’abaturage, ubukungu n’imiyoborere myiza ; yakiriye ndetse asubiza n’ibibazo bitandukanye byabajijwe. Foto : Cyril Ndegeya & Village Urugwiro
Hanabayeho igikorwa cyo gutanga impano

Hanabayeho igikorwa cyo gutanga impano
Perezida Kagame

Perezida Kagame
Perezida Kagame na Aly Khan

Perezida Kagame na Aly Khan
Aly Khan Satchu

Aly Khan Satchu
Babaza Umukuru w’Igihugu ibibazo bitandukanye

Babaza Umukuru w’Igihugu ibibazo bitandukanye
Ifoto y’urwibutso n’urubyiruko rwaje muri kiganiro cya Rich TV

Ifoto y’urwibutso n’urubyiruko rwaje muri kiganiro cya Rich TV
Rumwe mu rubyiruko rwari mu kiganiro

Rumwe mu rubyiruko rwari mu kiganiro

Posté par rwandanews