« Ntawe nifuriza kuzimya urumuri rumurikira Abanyarwanda » Kitoko avuga ku matora ya Perezida
Kitoko Bibarwa, umuhanzi w’umunyarwanda w’imyaka 30, uba mu Bwongereza, avuga ko we n’abandi Banyarwanda ubwo bazaba batora Umukuru w’Igihugu umwaka utaha, bakwiye kuzahitamo umuyobozi uzakomeza kuganisha igihugu aheza. Mu...
En savoir plus