Posted:2010-03-19 by Nkurunziza Gustave Posted :2010-03-19 par Nkurunziza Gustave

 


-Abahanzi hafi ya bose bo mu Rwanda biteganijwe ko baza kuba bahari Abahanzi-hafi ya bose bo mu Rwanda biteganijwe baza ko kuba Bahari

– Orchestre Salus Populi iramurika Album yayo yitwa  » KWETU » – Orchestre Salus Populi iramurika Album yayo yitwa « Kwetu »

– Tuff Gangs na yo iraba yabucyereye mu IGITERANE. – Tuff Gangs na yo iraba yabucyereye mu IGITERANE.

– Salax Hope Night,harerekanwa abazahatanira SALAX AWARdS – Salax Hope Night, harerekanwa abazahatanira SALAX AWARDS

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 19/03/2010 ku isaha ya saa kumi n’ebyiri ( 6 PM) ni ho iki gitaramo kiza kuba gitangiye hariya muri Auditorium ya kaminuza Nkuru y’u Rwanda. Kuri UYU wa gatanu Tariki ya 19/03/2010 isaha ku ya saa kumi n’ebyiri (6 PM) ni ho iki gitaramo Kiza Kuba gitangiye hariya muri Auditorium ya kaminuza nkuru y’u Rwanda.

Ntagushidikanya ko biza kuba bishyushye kuko abahanzi bakomeye hafi ya bose bo mu Rwanda biteganijwe ko baza kuba bahari. Ntagushidikanya ko Biza Kuba bishyushye kuko abahanzi bakomeye hafi ya bose bo mu Rwanda biteganijwe baza ko kuba Bahari. Iki gitaramo cyateguwe cyane cyane mu rwego gushyira ku mugaragaro Album ya Orchestre SALUS POPULI batumira abandi bahanzi bose ariko cyane cyane bakaza gufatanya na Groupe ya Tuff Gangs aho iza kugaruka ku GITERANE cyayo. Iki gitaramo cyateguwe cyane cyane mu rwego gushyira ku mugaragaro Album ya Orchestre Salus Populi batumira abandi bahanzi Bose ariko cyane cyane bakaza gufatanya na Groupe ya Tuff Gangs aho iza kugaruka ku GITERANE cyayo. Ikindi cyaje kwinjizwamo akaba ari Salax Hope Night aho muri icyo gitaramo haza kumenye[ ] Ikindi cyaje kwinjizwamo Akaba ari Salax Hope Night aho muri icyo gitaramo haza kumenye […]

Read more about this article En savoir plus sur cet article

Comments(0) posted, last by nobody on any day. Commentaires (0) posté en dernier lieu par personne sur n’importe quel jour.


Amakuru mashya y’umuhanzi Meddy: Hari Umukobwa wikubise hasi kubera we! Amakuru Machya y’umuhanzi Meddy: Hari Umukobwa wikubise LAAA Kubera nous!

Posted:2010-03-18 by Nelly Wilson Posted :2010-03-18 par Nelly Wilson

– Kuri album ye ya kabiri azashyiraho indirimbo ebyiri za Gospel – Kuri ye albums ya kabiri azashyiraho indirimbo ebyiri za Evangile

– Aho Clip Video z’indirimbo ze zigeze zikorwa – Aho Clip Vidéo z’indirimbo ze zigeze zikorwa

– Yararirimbye umukobwa agwa igihumure ( Reba ifoto) – Yararirimbye Umukobwa agwa igihumure (Reba Ifoto)

Hari ku itariiki ya 12/03/2010 mu masaha ya ni mugoroba ubwo muri zion Temple habereye inyigisho z’urubyiruko nkuko zisanzwe ziba. Hari itariiki ku ya 12/03/2010 masaha mu ya NI mugoroba ubwo muri Zion Temple habereye Inyigisho z’urubyiruko nkuko zisanzwe Ziba. Ni muri urwo rwego umuhanzi Meddy n’abandi ba Stars batandukanye bari batumiwe kugirango bifatanye n’urwo rubyiruko . Ni muri urwo rwego umuhanzi Meddy n’abandi ba Etoiles batandukanye Bari batumiwe kugirango bifatanye n’urwo rubyiruko.

Kuri uyu munsi muri uru rusengero hari hateraniye abantu benshi kandi b’ingeri zitandukanye batandukanye harimo Miss Rwanda Bahati Grace,Miss Est Africa Akazuba Cynthia,Daddy de Maximo,Pastor P,Christian ,Diane Nkusi n’abandi benshi barimo abasanzwe basengera muri ruriya rusengero. Kuri UYU Munsi muri uru rusengero Hari hateraniye abantu benshi kandi b’ingeri zitandukanye batandukanye harimo Miss Rwanda Bahati Grace, Miss Est Afrique Akazuba Cynthia, papa de Maximo, Pastor P, Christian, Diane Nkusi n’abandi benshi barimo abasanzwe basengera muri ruriya rusengero.

Meddy yatangarije Inyarwanda.com ko nkuko bisanzwe akunda kwifatanya n’uru rubyiruko cyane ko ari umwe mubakunda kuramya no guhimbaza .Gusa ngo bimwereka ko afite abakunzi benshi ahantu hatandukanye kandi ngo ibi bikaba bizatuma kuri Al[ ] Meddy yatangarije Inyarwanda.com ko nkuko bisanzwe Akunda kwifatanya n’uru rubyiruko cyane ko ari Umwe mubakunda kuramya n guhimbaza. Gusa ONG bimwereka ko Afite abakunzi benshi ahantu hatandukanye kandi ngo ibi bikaba bizatuma kuri Al […]

Read more about this article En savoir plus sur cet article

Comments(2) posted, last by fried on 2010-03-19. Commentaires (2) récemment en dernier lieu par frite sur 2010-03-19.


BEN NGANJI (Inkirigito) aragira ati « Hari igihe mba numva nabuze aho nkwirwa ! » BEN NGANJI (Inkirigito) aragira ati « Hari igihe numva nabuze aho mba nkwirwa! Ibi biba byatewe n’iki ? Ibi biba byatewe n’iki? IKIGANIRO KIRAMBUYE IKIGANIRO KIRAMBUYE

Posted:2010-03-18 by Pascal K Posted :2010-03-18 par Pascal K

BEN NGANJI ni umuhanzi umunyerewe mu bihangano bitandukanye haba indirimbo, gukina amakinamico ndetse na byendagusetsa (Comedie), akaba uretse no kuba aririmba muri Orechestre ya Salus Populi afite n’indirimbo ze bwite zakunzwe kubera uburyo zikozemo usanga zirimo ubutumwa kandi zigasetsa abantu nkuko n’ubundi asanzwe ari umu Comedien. BEN NGANJI NI umuhanzi umunyerewe mu bihangano bitandukanye haba indirimbo, gukina amakinamico ndetse na byendagusetsa (Comédie), Akaba uretse no kuba aririmba muri Orechestre ya Salus Populi Afite n’indirimbo ze bwite zakunzwe Kubera uburyo zikozemo usanga zirimo Ubutumwa zigasetsa kandi abantu nkuko n’ubundi asanzwe ari umu comédien. Akaba ndetse ari n’umunyamakuru kuri Radio Salus mu kiganiro cy’Urwenya kiba buri ku Cyumweru. Akaba ndetse ari n’umunyamakuru kuri Radio Salus mu kiganiro cy’Urwenya kiba Buri ku Cyumweru.

Inyarwanda.com yagiranye ikiganiro gito na we agira icyo adutangariza. Inyarwanda.com yagiranye ikiganiro Gito Na We Agira icyo adutangariza.

Inyarwanda.com : Mwatangira mwibwira abakunzi b’ inyarwanda.com ? Inyarwanda.com: Mwatangira mwibwira abakunzi b ‘inyarwanda.com?

Ben NGANJI: Nitwa BISANGWA NGANJI Benjamin amazina y’ubuhanzi ni Ben NGANJI nkaba ndi umunyeshuri muri Kaminuza nkuru y’u Rwanda muri Faculte ya Sciences mw’ishami ry’ Imibare. Ben NGANJI: Nitwa BISANGWA NGANJI Benjamin Imibare amazina y’ubuhanzi ni Ben NGANJI nkaba NDI umunyeshuri muri Kaminuza nkuru y’u Rwanda muri ya Faculté des sciences de RY mw’ishami ».

Inyarwanda.com: Mwaba mwaratangiye ubuhanzi ryari ? Inyarwanda.com: Mwaba mwaratangiye ubuhanzi ryari?

Ben NGANJI: Ibijyanye n’ikinamico natangiye kuzikina niga muri secondaire mu mwaka wa 2000 bigenda biza [ ] Ben NGANJI: Ibijyanye n’ikinamico natangiye kuzikina niga muri secondaire mu mwaka WA 2000 Biza bigenda


http://translate.google.com/translate?hl=fr&langpair=en|fr&u=http://www.inyarwanda.com/musicHome.php

Posté par rwandaises.com