Kuri iki cyumweru tariki 2 Mata 2017 ni bwo muri Hotel Marriot habereye igitaramo cy’umuhanzikazi Cecile Kayirebwa, igitaramo yise ‘Inganzo ya Kayirebwa’. Inyarwanda.com twateguriye buri wese utitabiriye iki gitaramo amafoto mirongo ine n’atanu kugira ngo wihere ijisho uko cyagenze.

Cecile Kayirebwa yari yateguye iki gitaramo mu rwego gutaramira abakunzi be no kumurika kumugaragaro umuryango yashinze witwa Ceka i Rwanda. Kwinjira muri iki gitaramo cye, byari amafaranga 15.000Frw ku muntu umwe mu myanya isanzwe, 20.000Frw ku muntu umwe mu myanya y’icyubahiro ndetse na 25.000Frw ku bantu binjiranye ari babiri (Couple). Iki gitaramo cyitabiriwe bikomeye kikaba cyatangiye Saa kumi n’ebyiri z’umugoroba.

REBA AMAFOTO YARANZE IKI GITARAMO:

KayirebwaUmuziki muri Marriot wacurangwaga bikomeyeKayirebwaKayirebwaKayirebwakayirebwa

Cecile Kayirebwa ibitaramo bye bizwiho gutangirira ku gihe ni nako byagenze kuri iyi nshuro

Kayirebwa

Ibikoresho bya muzika binyuranye byacurangwaga

KayirebwakayirebwaUko bacurangaga ibikoresho binyuranye niko Cecile Kayirebwa yashyiragamo ijwi bigashimisha abitabiriye iki gitaramo bagacinya akadihoKayirebwaKayirebwaAbafana baratuje bari kumva umuziki wa Cecile KayirebwaKayirebwaAbafana bari bakubise buzuye hasigaye intebe nke z’inyumaKayirebwaKayirebwaKayirebwaAb’ingeri zose bari bitabiriye iki gitaramo, uyu we arashaka uko yasigarana agafoto k’urwibutsoKayirebwaKwihangana biranze arahaguruka acinya umuzikiKayirebwaKayirebwaKayirebwaKayirebwaKayirebwaKayirebwa

Minisistiri w’ububanyi n’amahanga Mushikiwabo Louise ari mu baryohewe n’umuziki wa Cecile KayirebwaKayirebwaKayirebwaKayirebwaUmuziki bawucinye biyibutsa bya biheKayirebwaKayirebwaKayirebwaCecile Kayirebwa n’abamufashaga bashimishije abantuKayirebwa

Nina uzwi mu itsinda ahuriyemo na Charly ari mu bashimishijwe n’iki gitaramo

KayirebwaKayirebwaKayirebwaKayirebwaIgitaramo cyanyuze abafana b’umuziki bari bitabiriye ku bwinshiKayirebwa

Deo Munyakazi akirigita inanga

Kayirebwa

Si abanyarwanda gusa baryohewe n’uyu muziki n’abanyamahanga banyuzwe

KayirebwaKayirebwaAbafana baje gukubita baruzura bamwe baniyicira icyakaKayirebwaKayirebwaAndy Bumuntu umuhanzi ukizamuka muri iyi minsi ari mu bashimishije abantutitoHon. Tito Rutaremara ari mu bitabiriye iki gitaramoKayirebwaMight Popo umuhanzi akaba n’umuyobozi w’ishuri rya muzika ku Nyundo yari muri iki gitaramoKayirebwa

KayirebwaKayirebwa

Abanyeshuri bo mu ishuri rya muzika ku Nyundo bashimishije abakunzi ba muzika bari bitabiriye

KayirebwaKayirebwaCecile Kayirebwa yasoje igitaramo abakunzi b’umuziki batabyifuza

AMAFOTO; Ashimwe Shane-Afrifame Pictures

By: Emmy Nsengiyumva |

Posté le 04/04/217 par rwandaises.com