Kugirango u Rwanda rugere aho rugeze ubu ni ubutwari bw’abanyarwanda bose – Perezida Kagame
Mu muhango wabereye kuri Stade Amahoro i Remera ahizihizwaga umunsi wo kwibohoza niho Perezida wa Repubulika yavugiye ayo magambo, asobanura ko atari ubutwari kubyakozwe gusa ahubwo ko ari n’ubutwari bw’ibizakorwa n’ejo...
En savoir plus