Rwanda : Abasirikare bazamuwe mu ntera barasabwa gushyira mu ngiro ibyo bize
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 26 Werurwe 2010, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yayoboye umuhango wo kuzamura mu ntera abasirikare bagera kuri 240 ku ipeti ryo mu rwego rwo hejeru rya Officers, aba basirikare...
En savoir plus