Umunsi utazibagirana mu mateka ubwo u Rwanda rwabonaga bwa mbere itike yo kujya muri CAN (Foto/Arishive)

Abayobozi n’abafana ba Zambiya ntibavuga rumwe
 
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 14 Ugushyingo 2009 ni umunsi ushobora kuba amateka k’u Rwanda mu gihe rwashobora kubona itike yo kujya mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika nshuro ya kabiri cyangwa se aya mahirwe agasekera ikipe ya Zambiya.

 

 http://www.izuba.org.rw/

Posté par rwandaises.com