Ibi byavugiwe mu kiganiro cyatanzwe n’umuyobozi wungirije w’umujyi wa Kigali, abahagariye am sosiyeti akora iby’ubwubasti hamwe n’abahagariye ama banki mu Rwanda.

Muri icyo kiganiro, abanyarwanda bo muri diaspora basonanuriwe byimazeyo ibasabwa kugirango umuntu abone ikibanza mu Rwanda hamwe n’uburenganzira bwo kubaka. Aha umuyobozi wungirije w’umujyi wa kigali yatangaje ko nubwo kubona uburenganzira bwo kubaka byasaga n’ibigoye mu minsi yashize ngo kuri ubu byaravuguruwe kugeza ku rwego rw’uturere aho ubu hari inyandiko ivuga ibisabwa byose ku buryo iyo ubyujuje bitarenza iminsi 30 utarabona ubwo burenganzira. Iyo nyandiko ikaba inaboneka no muri minisiteri y’ububanyi n’amahanga.

 
Details mwazisoma kuri: http://diasporaconv ention.igihe. com
 Posté par rwandaises.com