Komiseri Gasana: Umutekano w’abanyarwanda mu matora na nyuma urinzwe bihagije

 

 

Police y’Igihugu ngo ntizahwema kurinda umutekano w’abaturage ubwo bazaba bari mu gikorwa cyo kwihitiramo umukuru w’igihugu kuri uyu wa mbere. Gasana Emmanuel Komiseri Mukuru wa Police yongeye gusaba abaturage kuba maso bakirindira umutekano bareba uwaba yitwaje intwaro cyangwa ikindi cyuma cyakomeretsa umuturage mu buryo butemewe bagahita babigaragaza. Komiseri Gasana yavuze ko mu bihe byo kwiyamamaza nta byaha  bikomeye byagaragaye. Aho byagaragaye ni nko mu karere ka Nyamagabe, mu ntara y’amajyepfo, aho imiryango ine yatwikiwe inzitiro z’ingo.Komiseri mukuru wa Police y’Igihugu…Soma

http://www.orinfor.gov.rw/

Posté par rwandaises.com


Laisser une réponse

La radio en direct