Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 203 ryavuruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 111

none ku wa 15 nyakanga 2019, Nyakubaharwa Perezida wa Repubulika yashyizeho abazahagarira u Rwanda mu bihugu by’amahanga mu buryo bukurikira.

1.Muri Angola: Wellars GASAMAGERA

2.Muri Canade: Prosper HIGIRO

3.Muri republica ya Rubanda y’ubushinwa: James KAMONYO

4.Muri Repubulika iharanira Demokalasi ya Congo: Vincent KAREGA

5.Repubulika y’ Abarabu ya Misiri: Alfred KALISA

6.Repubulika y’Ubufaransa: Francois Xavier: NGARAMBE

7.Repubulika ya Ghana: Aissa Karabo:KACYIRA

8.Ubwami bwa Maroc: Sheik Saleh ABIMANA

9.Muri Repubulika ya Korya: Yasmin Amri SUED

10.Leta ya Qatar: Francois NKURIKIYINFURA

11.Leta ya Afrka y’Epfo: Eugene SEGORE KAYIHURA

12.Repubulika ya Singapore: Jean de Dieu UWIHANGANYE

13.Ubusuwisi: Marie chantal RWAKAZINA

14.Muri Tanzania: Charles KARAMBA

15.Muri Leta Zunze Ubumwe Z’Abarabu: Emmanuel HATEGEKA

Ibiro bya ministeli y’Intebe

Posté le 16/07/2019 par rwandanews