Bimwe mu bikorwa by’Urwego rw’Inkiko Gacaca byimuriwe muri Komisiyo yo kurwanya Jenoside
Mu isozwa ry’Inkiko Gacaca, ntabwo imirimo yazo izaba ihagaze burundu mu byiciro byose. Hari bimwe bizimurirwa mu Nkiko zisanzwe, hakaba n’ibindi bizimurirwa mu nzego zinyuranye za Leta zifite aho zihuriye n’inkiko Gacaca. Ni...
En savoir plus