Rwanda Bugarama: “Nzabahatira gukora, mutazicwa n’inzara, indwara n’ubukene”, Perezida Kagame
Kuri uyu wa mbere ubwo Perezida wa Repubulika yasuraga umurenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi, ni mu ruzinduko agirira mu ntara y’Uburengerazuba, yabwiye abaturage baje kumwakira ko bakwiriye gukora cyane ngo hato batazicwa...
En savoir plus