Ibi ni ibyatangajwe ku munsi w’ejo na Vincent Karega minisitiri w’ibikorwa remezo aho avuga ko muri uyu mwaka umuhanda uhuza kigali n’akarere ka rusizi hamwe na na kigali rubavu izakorwa.

Nkuko the newtimes dukesha iyi nkuru ibitangaza umuhanda wa rubavu uzatangira gukorwa mu kwezi kwa gashyantare naho uwo muri rusizi utangira muri kamena.

Minisitiri w’ibikorwa remezo Vincent Karega

Ikindi yatangaje muri iki kiganiro n’umunyamakuru ni uko muri icyi cyumweru hari butangire ibikorwa byo gusiba ibyobo bigaragara muri iyo mihanda.

Jules Murekezi

http://www.igihe.com/news-7-11-2293.html

Posté par rwandaises.com