Kuyobora igihugu nk’u Rwanda biragoye – Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko kuyobora igihugu ubusanzwe bigora ariko kuyobora igihugu nk’u Rwanda bigoranye kurushaho. Yasobanuye ko impamvu bigoye ari uko ubusanzwe igihugu gikennye kidahabwa agaciro kandi...
En savoir plus